Abakristo bararenganywa, baratatana 1 Uhereye uwo munsi hāduka akarengane gakomeye mu Itorero ry’i Yerusalemu, bose batatanira mu bihugu by’i Yudaya n’i Samariya, keretse intumwa. 2 Abantu bubahaga Imana bahamba Sitefano, baramuborogera cyane. 3 Ariko Sawuli we akomeza guca igikuba mu Itorero no kuryonona cyane, akinjira mu mazu yose agafata abagabo n’abagore, akabakurubana mu nzu y’imbohe. […]
Author Archives: admin
Intu 9
Yesu abonekera Sawuli mu nzira ijya i Damasiko 1 Ariko Sawuli akomeza gukangisha abigishwa b’Umwami ko bicwa, ajya ku mutambyi mukuru 2 amusaba inzandiko zo guha ab’amasinagogi y’i Damasiko, kugira ngo nabona abantu b’Inzira ya Yesu, abagabo cyangwa abagore, ababohe abajyane i Yerusalemu. 3 Akigenda yenda gusohora i Damasiko, umucyo uramutungura uvuye mu ijuru uramugota. […]
Intu 10
Marayika abonekera Koruneliyo 1 Hariho umuntu w’i Kayisariya witwaga Koruneliyo, umutware utwara umutwe w’abasirikare wo mu ngabo zitwa Italiyana. 2 Yari umuntu w’umunyadini wubahana Imana n’abo mu rugo rwe bose, wagiriraga abantu ubuntu bwinshi, agasenga Imana ubudasiba. 3 Abona ku mugaragaro mu iyerekwa marayika w’Imana yinjiye iwe nko mu isaha ya cyenda y’umunsi, aramuhamagara ati […]
Intu 11
Petero yiregura ku Bakristo b’Abayuda 1 Intumwa na bene Data bari i Yudaya bumvise yuko abanyamahanga na bo bemeye ijambo ry’Imana, 2 nuko Petero azamutse i Yerusalemu abo mu bakebwe bajya impaka na we bati 3 “Ko wagendereye abatakebwe, ugasangira na bo?” 4 Petero aterura amagambo, abibasobanurira uko bikurikirana ati 5 “Nari mu mudugudu witwa […]
Intu 12
Herode ashaka kwica Petero, marayika aramukiza 1 Nuko muri icyo gihe Umwami Herode afatira abo mu Itorero bamwe kubagirira nabi. 2 Yicisha Yakobo inkota, mwene se wa Yohana. 3 Abonye ko anejeje Abayuda, ariyongeza afata na Petero. Icyo gihe hari mu minsi y’imitsima idasembuwe. 4 Amaze kumufata amushyira mu nzu y’imbohe, amuha abasirikare cumi na […]
Intu 13
Urugendo rwa mbere rwa Pawulo rwo kuvuga ubutumwa 1 Mu Itorero ryo muri Antiyokiya hariho abahanuzi n’abigisha, ari bo Barinaba na Simoni witwaga Nigeru, na Lukiyosi w’Umunyakurene na Manayeni wareranywe n’Umwami Herode, hariho na Sawuli. 2 Ubwo basengaga Umwami Imana biyiriza ubusa, Umwuka Wera yarababwiye ati “Mundobanurire Barinaba na Sawuli, bankorere umurimo mbahamagariye gukora.” 3 […]
Intu 14
Abo muri Ikoniyo birukana intumwa 1 Pawulo na Barinaba bari muri Ikoniyo binjirana mu isinagogi y’Abayuda, bavuga amagambo atuma Abayuda n’Abagiriki benshi cyane bizera. 2 Ariko Abayuda batizeye boshya imitima y’abanyamahanga, bayangisha bene Data. 3 Nuko bamara iminsi myinshi bavuga bashize amanga, biringiye Umwami Yesu uhamya ijambo ry’ubuntu bwe, abaha gukora ibimenyetso n’ibitangaza. 4 Ariko […]
Intu 15
Impaka zivuye ku byo gukebwa 1 Nuko abantu bamwe bavuye i Yudaya bigishaga bene Data bati “Nimudakebwa nk’uko umugenzo wa Mose uri, ntimubasha gukizwa.” 2 Habaho impaka nyinshi n’imburanya kuri Pawulo na Barinaba n’abo bantu, maze bene Data bahuza inama yo gutuma Pawulo na Barinaba n’abandi muri bo, kujya i Yerusalemu ku ntumwa n’abakuru kugira […]
Intu 16
Ibya Timoteyo 1 Nuko agera i Derube n’i Lusitira. Hariyo umwigishwa witwaga Timoteyo umwana w’Umuyudakazi wizeye, ariko se yari Umugiriki. 2 Yashimwaga na bene Data b’i Lusitira n’abo muri Ikoniyo, 3 uwo Pawulo ashaka ko bajyana. Nuko aramujyana aramukeba ku bw’Abayuda bari bahari, kuko bose bari bazi yuko se ari Umugiriki. 4 Bakinyura mu mudugudu, […]
Intu 17
Abayuda birukana Pawulo i Tesalonike 1 Banyura muri Amfipoli no muri Apoloniya bagera i Tesalonike, hariho isinagogi y’Abayuda. 2 Nuko Pawulo nk’uko yamenyereye yinjira muri bo, ajya impaka na bo mu byanditswe ku masabato atatu, 3 abibasobanurira abamenyesha yuko Kristo akwiriye kubabazwa no kuzuka mu bapfuye, kandi ati “Yesu uwo mbabwira ni we Kristo.” 4 […]