Imana ihana ariko ikiza 1 Uwo munsi Uwiteka azahana Lewiyatani ya nzoka yihuta, na Lewiyatani ya nzoka yihotagura, abihanishe inkota ye nini ikomeye ifite ubugi, kandi azica ikiyoka cyo mu nyanja. 2 Uwo munsibazavuga bati“Nimuririmbire uruzabibu rwa vino.” 3 Jyewe Uwiteka ni jye ururinda, nzajya ndwuhira ibihe byose, nzarurinda ku manywa na nijoro ngo hatagira […]
Author Archives: admin
Ezayi 28
Imana iburira Abefurayimu 1 Ikamba ry’ubwibone bw’abasinzi bo mu Befurayimu rizabona ishyano, n’ururabyo rw’ubwiza bw’icyubahiro cye rurabye ruri mu mutwe w’ikibaya kirumbuka cy’abagushwa na vino, na rwo rubone ishyano. 2 Dore Uwiteka afite umunyamaboko w’intwari, ni we uzabakubita hasi cyane nk’amahindu y’urubura, nk’amashahi arimbura n’amazi menshi y’umwuzure arenga inkombe. 3 Maze ikamba ry’ubwibone bw’abasinzi bo […]
Ezayi 29
Abayuda bahanirwa uburyarya 1 Yewe Ariyeli, Ariyeli umudugudu Dawidi yagize urugerero, umwaka nimuwukurikize uwundi, nimugire ibirori bihererekanye, 2 ariko nzaherako ngirire Ariyeli nabi, maze hazabe kurira no kuboroga, nyamara Ariyeli hazambera Ariyeli. 3 Nzakugerereza impande zose nkugoteshe ibihome, nkurundeho ibyo kugusenyera. 4 Nuko uzacishwa bugufi uzavugira mu butaka, amagambo yawe azaba aturuka hasi mu mukungugu, […]
Ezayi 30
Kwiringira ab’isi nta mumaro 1 “Abana b’abagome bazabona ishyano”, ni ko Uwiteka avuga, “Bagisha abandi inama batari jye bakifatanya n’abandi baretse Umwuka wanjye, kugira ngo bongere icyaha ku kindi. 2 Abahagurukira kujya muri Egiputa batangishije inama kugira ngo bisunge imbaraga za Farawo, bakiringira igicucu cya Egiputa. 3 Nuko izo mbaraga za Farawo zizabakoza isoni, no […]
Ezayi 31
1 Bazabona ishyano abamanuka bajya muri Egiputa kwitabariza, bakiringira amafarashi bakizigira n’amagare kuko ari menshi, kandi bakiringira abagendera ku mafarashi kuko ari abanyamaboko cyane, maze ntibite ku Uwera wa Isirayeli kandi ntibashake Uwiteka. 2 Ariko rero na we azi ubwenge, azateza ibyago kandi ntazivuguruza, ahubwo azahagurukira inzu y’inkozi z’ibibi n’abakiranirwa babatabaye. 3 Kandi rero Abanyegiputa […]
Ezayi 32
Umwami ukiranuka 1 Dore hazima umwami utegekesha gukiranuka, kandi abatware be bazatwaza imanza zitabera. 2 Umuntu azaba nk’aho kwikinga umuyaga n’ubwugamo bw’umugaru, nk’imigezi y’amazi ahantu humye n’igicucu cy’igitare kinini mu gihugu kirushya. 3 Amaso y’abareba ntazagira ibikezikezi, kandi amatwi y’abumva bazayatega. 4 Uw’umutima uhutiraho azamenya ubwenge, uw’ururimi rudedemanga azavuga neza byumvikane. 5 Umupfapfa bazaba batakimwita […]
Ezayi 33
1 Uzabona ishyano weho unyaga kandi utanyazwe, uriganya kandi utariganijwe. Numara kunyaga uzaherako unyagwe, kandi numara kuriganya bazaherako bakuriganye. 2 Uwiteka, utubabarire ni wowe twategereje, ujye utubera amaboko uko bukeye kandi utubere agakiza mu bihe tuboneramo amakuba. 3 Amoko yirukanywe n’induru z’imidugararo, kandi urahagurutse amahanga aratatana. 4 Bazateranya iminyago mwanyaze nk’uko za kagungu zangiza, kandi […]
Ezayi 34
Ibyago Imana izateza amahanga 1 Mwa mahanga mwe, nimwigire hafi ngo mwumve, mwa moko mwe, nimutege amatwi. Isi n’ibiyuzuye byumve, ubutaka n’ibimera byose na byo byumve. 2 Kuko Uwiteka arakariye amahanga yose akaba afitiye ingabo zayo zose umujinya, yarabarimbuye rwose arabatanga ngo bapfe. 3 Intumbi z’ingabo zabo zizajugunywa hanze, umunuko wazo uzakwira hose kandi imisozi […]
Ezayi 35
Inzira y’abacunguwe 1 Ubutayu n’umutarwe bizanezerwa, ikidaturwa kizishima kirabye uburabyo nka habaseleti. 2 Buzarabya uburabyo bwinshi, buzishimana umunezero n’indirimbo, buzahabwa ubwiza bw’i Lebanoni n’igikundiro cy’i Karumeli n’i Sharoni. Bazareba ubwiza bw’Uwiteka n’igikundiro cy’Imana yacu. 3 Mukomeze amaboko atentebutse, mukomeze amavi asukuma. 4 Mubwire abafite imitima itinya muti “Mukomere ntimutinye, dore Imana yanyu izazana guhōra, ari […]
Ezayi 36
Senakeribu atera i Buyuda asuzuguza Hezekiya 1 Mu mwaka wa cumi n’ine wo ku ngoma y’umwami Hezekiya, Senakeribu umwami wa Ashuri yarazamutse atera imidugudu y’i Buyuda yose yari igoswe n’inkike, arayitsinda. 2 Bukeye umwami wa Ashuri ari i Lakishi, atuma Rabushake ku mwami Hezekiya i Yerusalemu ari kumwe n’ingabo nyinshi. Agezeyo ahagarara ku mugende w’amazi […]