1 Pawulo na Siluwano na Timoteyo, turabandikiye mwebwe abo mu Itorero ry’Abatesalonike, bari mu Mana Data wa twese no mu Mwami Yesu Kristo. 2 Ubuntu n’amahoro bibe muri mwe, biva ku Mana Data wa twese no ku Mwami Yesu Kristo. Kujya mbere no gushikama by’Abatesalonike mu byo kwizera 3 Dukwiriye kubashimira Imana iteka bene Data […]
Author Archives: admin
2 Tes 2
Kugaruka kwa Yesu kuzabanzirizwa no guhishurwa k’Umugome 1 Turabinginga bene Data, ku bwo kuzaza k’Umwami wacu Yesu Kristo no kuzamuteranirizwaho kwacu, 2 kugira ngo mutanamuka vuba mukava mu bwenge cyangwa ngo muhagarike imitima, naho mwaba mubitewe n’umwuka cyangwa n’ijambo cyangwa n’urwandiko rukekwa ko ruvuye kuri twe, bihamya yuko umunsi w’Umwami wacu umaze gusohora. 3 Ntihakagire […]
2 Tes 3
Imbuzi zitari zimwe, n’intashyo 1 Ibisigaye bene Data, mudusabire kugira ngo ijambo ry’Umwami wacu ryamamare vuba rishimishwe nk’uko biri muri mwe, 2 kandi ngo dukire abantu babi b’ibigoryi kuko kwizera kudafitwe na bose. 3 Ariko Umwami ni uwo kwizerwa, ni we uzakomeza mwebwe, abarinde Umubi. 4 Kandi ibyanyu tubyiringijwe n’Umwami, yuko ibyo dutegetse mubikora kandi […]
1 Tes 1
1 Pawulo na Siluwano na Timoteyo, turabandikiye mwebwe abo mu Itorero ry’Abatesalonike, bari mu Mana Data wa twese no mu Mwami Yesu Kristo. Ubuntu n’amahoro bibe muri mwe. Imbuto z’ubutumwa bwageze i Tesalonike 2 Mwese tubashimira Imana iminsi yose tubasabira uko dusenze, 3 twibuka iteka imirimo yanyu yo kwizera n’umuhati w’urukundo mugira, no kwihangana ku […]
1 Tes 2
Intumwa zibwiriza ubutumwa bwiza i Tesalonike 1 Bene Data, ubwanyu muzi yuko kubasūra kwacu kutari uk’ubusa, 2 ahubwo tumaze kubabarizwa i Filipi no kuhahemurirwa nk’uko mubizi, duhabwa n’Imana yacu gushira amanga ngo tubabwire ubutumwa bwiza bw’Imana turi mu ntambara nyinshi. 3 Kuko guhugura kwacu atari uko kuyobya, kutava mu byanduye kandi kukaba atari uko kuriganya, […]
1 Tes 3
Timoteyo atumwa i Tesalonike 1 Nuko rero tubonye yuko tutagishoboye kwiyumanganya, twibwira ko ibyiza ari uko twasigara muri Atenayi twenyine. 2 Nuko dutuma Timoteyo mwene Data, umukozi w’Imana wo kubwiriza ubutumwa bwiza bwa Kristo ngo abe ari we ubakomeza, no kubahugura ku byo kwizera kwanyu 3 kugira ngo hatagira umuntu muri mwe unyeganyezwa n’aya makuba, […]
1 Tes 4
Kwezwa n’urukundo no gufatanya bya kivandimwe 1 Nuko bene Data, ibisigaye turabinginga tubahugurira mu Mwami Yesu, kugira ngo nk’uko mwabwiwe natwe uko mukwiriye kugenda no kunezeza Imana, mube ari ko mugenda ndetse murusheho. 2 Muzi amategeko twahawe n’Umwami Yesu kubategeka ayo ari yo. 3 Icyo Imana ishaka ni iki: ni ukwezwa kwanyu no kwirinda gusambana, […]
1 Tes 5
1 Ariko bene Data, iby’ibihe n’iminsi ntimugomba kubyandikirwa, 2 kuko ubwanyu muzi neza yuko umunsi w’Umwami wacu uzaza nk’uko umujura aza nijoro. 3 Ubwo bazaba bavuga bati “Ni amahoro nta kibi kiriho”, ni bwo kurimbuka kuzabatungura nk’uko ibise bitungura umugore utwite, kandi ntibazabasha kubikira na hato. 4 Ariko mwebweho bene Data, ntimuri mu mwijima ngo […]
Kol 1
1 Pawulo wagizwe intumwa ya Kristo Yesu nk’uko Imana yabishatse, na Timoteyo mwene Data, 2 turabandikiye bene Data bo muri Kristo bera bo kwizerwa, bari i Kolosayi. Ubuntu n’amahoro bibe muri mwe, biva ku Mana Data wa twese. Pawulo ashimira Imana kwizera n’urukundo by’Abakolosayi 3 Dushima Imana Se w’Umwami wacu Yesu Kristo uko tubasabiye iteka […]
Kol 2
1 Ndashaka ko mumenya uburyo mbarwanira intambara, mwebwe n’ab’i Lawodikiya ndetse n’abatarambona ku mubiri bose 2 kugira ngo imitima yabo ihumurizwe, ubwo bafatanirije hamwe mu rukundo ngo bahabwe ubutunzi bwose bwo kumenya neza mu mitima yabo, bamenye ubwiru bw’Imana ari bwo Kristo. 3 Muri we ni mo ubutunzi bwose bw’ubwenge no kumenya bwahishwe. Imbuzi ku […]