Ibyo ku ngoma ya Amasiya 1 Amasiya yari amaze imyaka makumyabiri n’itanu avutse ubwo yatangiraga gutegeka, amara imyaka makumyabiri n’icyenda i Yerusalemu ari ku ngoma, kandi nyina yitwaga Yehoyadani w’i Yerusalemu. 2 Akora ibishimwa n’Uwiteka abikorana umutima utunganye, ariko si rwose. 3 Bukeye amaze kuganza mu ngoma, ahōra abagaragu be bishe se, ari umwami. 4 […]
Author Archives: admin
2 Amateka 26
Umwami Uziya afashwa agakomera 1 Nuko Abayuda bose bajyana Uziya amaze imyaka cumi n’itandatu avutse, baramwimika aba umwami mu cyimbo cya se Amasiya. 2 Yubaka Eloti ahagarurira u Buyuda, UmwamiAmasiyaamaze gutanga asanze ba sekuruza. 3 Uziyaatangira gutegeka yari amaze imyaka cumi n’itandatu avutse. amara imyaka mirongo itanu n’ibiri i Yerusalemu ari ku ngoma, kandi nyina […]
2 Amateka 27
Ingoma ya Yotamu 1 Yotamu atangira gutegeka yari amaze imyaka makumyabiri n’itanu avutse, amara imyaka cumi n’itandatu i Yerusalemu ari ku ngoma, nyina yitwaga Yerusha umukobwa wa Sadoki. 2 Akora ibishimwa n’Uwiteka nk’ibyo se Uziya yakoraga byose, icyakora we ntiyinjiye mu rusengero rw’Uwiteka. Ariko abantu bagumya gukiranirwa. 3 Yubaka irembo ryo haruguru ku nzu y’Uwiteka, […]
2 Amateka 28
Ibyo ku ngoma ya Ahazi 1 Ahazi atangira gutegeka yari amaze imyaka makumyabiri avutse, amara imyaka cumi n’itandatu i Yerusalemu ari ku ngoma, ntiyakora ibishimwa n’Uwiteka nka sekuruza Dawidi. 2 Ahubwo agendana ingeso z’abami b’Abisirayeli, aremera Bāli ibishushanyo biyagijwe. 3 Kandi yosereza imibavu mu gikombe cya mwene Hinomu, atwika abana be mu muriro akurikiza ibizira […]
2 Amateka 29
Ibyo ku ngoma ya Hezekiya 1 Hezekiya yatangiye gutegeka amaze imyaka makumyabiri n’itanu avutse, amara imyaka makumyabiri n’icyenda i Yerusalemu ari ku ngoma. Kandi nyina yitwaga Abiya, umukobwa wa Zekariya. 2 Akora ibishimwa n’Uwiteka, nk’ibyo sekuruza Dawidi yakoraga byose. 3 Mu mwaka wa mbere wo ku ngoma ye, mu kwezi kwa mbere, akingura inzugi z’inzu […]
2 Amateka 30
Bitegura kuziririza Pasika 1 Bukeye Hezekiya atumira Abisirayeli n’Abayuda bose, kandi yandikira Abefurayimu n’Abamanase inzandiko, ngo baze mu nzu y’Uwiteka i Yerusalemu kuziriririza Uwiteka Imana ya Isirayeli Pasika. 2 Kuko umwami n’abatware be n’iteraniro ryose ry’i Yerusalemu, bari bagiye inama yo kuziririza Pasika mu kwezi kwa kabiri. 3 Icyo gihe ntibabashaga kuyiziririza, kuko umubare w’abatambyi […]
2 Amateka 31
Umwami Hezekiya akomeza gutunganya iby’idini mu gihugu 1 Nuko ibyo byose bishize, Abisirayeli bose bari bari aho bajya mu midugudu y’i Buyuda bamenagura inkingi, batemagura Ashera, basenya ingoro n’ibicaniro i Buyuda hose n’i Bubenyamini, n’i Bwefurayimu n’i Bumanase kugeza aho babirimburiye byose. Abisirayeli bose baherako basubira mu midugudu yabo, umuntu wese ajya muri gakondo y’iwabo. […]
2 Amateka 32
Senakeribu umwami wa Ashūri, atera i Buyuda 1 Hanyuma y’ibyo no hanyuma y’uwo murava yagize, Senakeribu umwami wa Ashūri araza atera i Buyuda, agerera yerekeye imidugudu igoswe n’inkike yibwira ko azayīhindūrira. 2 Hezekiya abonye ko Senakeribu aje agambiriye gutera i Yerusalemu, 3 ajya inama n’abatware be n’abakomeye bo mu bantu be yo kuziba amasōko ari […]
2 Amateka 33
Ibyo ku ngoma ya Manase; akora ibyaha bishayishije 1 Manase ubwo yatangiraga gutegeka yari amaze imyaka cumi n’ibiri avutse, amara imyaka mirongo itanu n’itanu i Yerusalemu ari ku ngoma. 2 Akora ibyangwa n’Uwiteka, akurikiza ibizira bikorwa n’amahanga Uwiteka yirukanye imbere y’Abisirayeli, 3 kuko yongeye kubaka ingoro zashenywe na se Hezekiya, akubakira Bāli ibicaniro, akarema na […]
2 Amateka 34
Umwami Yosiya agarura abantu ku Mana 1 Yosiya yatangiye gutegeka amaze imyaka munani avutse, amara imyaka mirongo itatu n’umwe i Yerusalemu ari ku ngoma. 2 Akora ibishimwa n’Uwiteka, agendera mu nzira za sekuruza Dawidi, ntiyateshuka ngo azivemo ace iburyo cyangwa ibumoso. 3 Ahubwo mu mwaka wa munani w’ingoma ye akiri muto, yatangiye gushaka Imana ya […]