Debora na Baraki batera Sisera umugaba wa Yabini 1 Nuko Ehudi amaze gupfa, Abisirayeli bongera gukora ibyangwa n’Uwiteka. 2 Ni cyo cyatumye Uwiteka abatanga mu maboko ya Yabini umwami w’i Kanāni watwaraga i Hasori, kandi umugaba w’ingabo ze yari Sisera, yari atuye i Harosheti aho abanyamahanga benshi bari batuye. 3 Abisirayeli batakambira Uwiteka, kuko Yabini […]
Author Archives: admin
Abac 5
Indirimbo ya Debora 1 Uwo munsi Debora na Baraki mwene Abinowamu bararirimba bati 2 “Abagaba barangaje imbere y’Abisirayeli, Kandi abantu bitanze babikunze, Nimubishimire Uwiteka. 3 Nimwumve mwa bami mwe, Mutege amatwi namwe batware. Ngiye kuririmbira Uwiteka, Ndaririmba ishimwe ry’Uwiteka Imana ya Isirayeli. 4 Uwiteka ubwo wavaga i Seyiri, Ugaturuka mu gihugu cya Edomu, Isi yahinze […]
Abac 6
Abisirayeli baneshwa n’Abamidiyani, Uwiteka ababwira impamvu 1 Abisirayeli bakora ibyangwa n’Uwiteka, Uwiteka abahāna mu maboko y’Abamidiyani imyaka irindwi. 2 Nuko Abamidiyani banesha Abisirayeli, batera Abisirayeli gushaka aho kwihisha mu bihanamanga byo mu misozi no mu mavumo no mu bihome. 3 Kandi Abisirayeli barangizaga kubiba, Abamidiyani bakazamukana n’Abamaleki n’ab’iburasirazuba bakabatera, 4 bakagandikayo bagasiribanga imyaka yabo ukageza […]
Abac 7
Gideyoni anesha ingabo z’Abamidiyani 1 Yerubāli ari we Gideyoni n’abantu bose bari kumwe na we, bazinduka mu gitondo kare bajya kugandika ku isōko ya Harodi, kandi ingando z’Abamidiyani zari ikasikazi yaho mu kibaya giteganye n’umusozi More. 2 Nuko Uwiteka abwira Gideyoni ati “Abantu muri kumwe bakabije kuba benshi, ni cyo gituma ntemera gutanga Abamidiyani mu […]
Abac 8
Abefurayimu batonganya Gideyoni, abasubizanya ineza 1 Abefurayimu baramubaza bati “Ni iki cyatumye utaduhuruza ugiye kurwana n’Abamidiyani? Waduketse iki?” Baramutonganya cyane. 2 Na we arababaza ati “Nakoze iki gihwanye n’ibyanyu? Mbese impumbano z’imizabibu y’Abefurayimu ntizirusha umwengo wose w’Ababiyezeri kuryoha? 3 Kandi abatware b’i Midiyani Orebu na Zēbu, Uwiteka yarababagabije. Mbese mbarushije iki mu byo mwakoze?” Amaze […]
Abac 9
Abimeleki yica bene se bose, Yotamu wenyine arokoka 1 Abimeleki mwene Yerubāli ajya i Shekemu kwa ba nyirarume, avugana na bo n’abo mu rugo rwa sekuru ubyara nyina arababwira ati 2 “Ndabinginze mumbarize ab’i Shekemu bose muti ‘Icyabamerera neza ni uko mwatwarwa n’abahungu ba Yerubāli bose uko ari mirongo irindwi, cyangwa ni uko mwatwarwa n’umwe?’ […]
Abac 10
Abisirayeli bongera gucumura ku Uwiteka 1 Hanyuma ya Abimeleki, Tola mwene Puwa mwene Dodo wo mu muryango wa Isakari ahaguruka gukiza Abisirayeli. Yari atuye i Shamiri mu gihugu cy’imisozi miremire ya Efurayimu. 2 Amara imyaka makumyabiri n’itatu ari umucamanza mu Bisirayeli, aherako arapfa bamuhamba i Shamiri. 3 Hanyuma ye hahaguruka Yayiri w’Umunyagaleyadi, amara imyaka makumyabiri […]
Abac 11
Yefuta atoranirizwa kuba umucamanza wabo 1 Nuko Yefuta w’Umugileyadi yari umunyambaraga w’intwari, kandi yari umwana wa maraya, kandi Gileyadi ni we bamubyaranye. 2 Ariko umugore wa Gileyadi amubyarira abahungu. Abo bamaze gukura birukana Yefuta, baramwerurira bati “Nta mugabane ufite mu bya data, kuko uri umwana w’undi mugore.” 3 Nuko Yefuta ahunga bene se, ahungira mu […]
Abac 12
Abefurayimu bagirira ishyari Abanyagaleyadi, bararwana 1 Abefurayimu baraterana bajya ikasikazi bazimuza Yefuta bati “Ni iki cyatumye ujya kurwana n’Abamoni ntudutabaze? Tuzagutwikira mu nzu.” 2 Yefuta arabasubiza ati “Jye n’abantu banjye twari tugihigirana cyane n’Abamoni, ndabatabaza ntimwankiza amaboko yabo. 3 Maze mbonye ko mutakinkijije mperako mpara amagara yanjye, ndambuka ntera Abamoni, Uwiteka arabangabiza. None ni iki […]
Abac 13
Marayika w’Imana abonekera ababyeyi ba Samusoni 1 Maze Abisirayeli bongera gukora ibyangwa n’Uwiteka. Uwiteka abahāna mu maboko y’Abafilisitiya imyaka mirongo ine. 2 Nuko hari umugabo w’i Sora wo mu muryango w’Abadani, witwaga Manowa. Umugore we yari ingumba itigeze kubyara. 3 Marayika w’Uwiteka yiyereka uwo mugore aramubwira ati “Dore uri ingumba ntiwigeze kubyara, ariko uzasama inda […]