Mk 11

Yesu ajya i Yerusalemu ahetswe n’indogobe 1 Bageze bugufi bw’i Yerusalemu bajya i Betifage n’i Betaniya ku musozi wa Elayono, atuma babiri mu bigishwa be 2 arababwira ati “Mujye mu kirorero kiri imbere yanyu, mukihagera uwo mwanya muri bubone icyana cy’indogobe kiziritse kitigeze guheka umuntu, mukiziture mukizane. 3 Kandi nihagira umuntu ubabaza ati ‘Ni iki […]

Mk 12

Umugani w’abahinzi bimye shebuja imyaka ye 1 Atangira kubigishiriza mu migani ati “Habayeho umuntu wateye umuzabibu azitiraho uruzitiro, acukuramo urwina, yubakamo umunara, asigamo abahinzi ajya mu kindi gihugu. 2 Nuko igihe cyo gusarura imyaka gisohoye, atuma umugaragu kuri abo bahinzi ngo bamuhe ku mbuto z’imizabibu. 3 Baramufata baramukubita, baramwirukana agenda amāra masa. 4 Shebuja yongera […]

Mk 13

Ibimenyetso byerekana kurimbuka kw’i Yerusalemu no kugaruka kwa Yesu 1 Avuye mu rusengero umwe mu bigishwa be aramubwira ati “Mbega amabuye! Mbega imyubakire! Mbese aho Mwigisha, urirebera?” 2 Yesu aramubaza ati “Urareba iyi myubakire minini? Ntihazasigara ibuye rigeretse ku rindi ritajugunywe hasi.” 3 Yicaye ku musozi wa Elayono yerekeye urusengero, Petero na Yakobo na Yohana […]

Mk 14

Bajya inama yo kwica Yesu 1 Hari hasigaye iminsi ibiri hakabaho iminsi mikuru ya Pasika, ari yo bariramo imitsima idasembuwe. Abatambyi bakuru n’abanditsi bashaka uburyo bwo koshyoshya Yesu, ngo babone uko bamufata bamwice, 2 ariko baravuga bati “Twe kumufata mu minsi mikuru, bidatera abantu imidugararo.” Yesu asīgirwa amavuta mu nzu ya Simoni w’umubembe 3 Ubwo […]

Mk 15

Bashyira Yesu Pilato 1 Umuseke utambitse, uwo mwanya abatambyi bakuru n’abakuru n’abanditsi, n’abanyarukiko bose bajya inama baboha Yesu, baramujyana bamushyira Pilato. 2 Pilato aramubaza ati “Ni wowe mwami w’Abayuda?” Na we aramusubiza ati “Wakabimenye.” 3 Maze abatambyi bakuru bamurega byinshi. 4 Pilato yongera kumubaza ati “Mbese nta cyo wireguza ko bakureze byinshi?” 5 Ariko Yesu […]

Mk 16

Kuzuka kwa Yesu 1 Isabato ishize, Mariya Magadalena na Mariya nyina wa Yakobo na Salome, bagura ibihumura neza ngo bajye kubimusīga. 2 Nuko mu museke ku wa mbere w’iminsi irindwi baragenda, bagera ku gituro izuba rirashe. 3 Barabazanya bati “Ni nde uri butubirindurire cya gitare kiri ku munwa w’igituro?” 4 Ariko bararamye babona igitare kibirunduriwe […]