1 Tes 1

1 Pawulo na Siluwano na Timoteyo, turabandikiye mwebwe abo mu Itorero ry’Abatesalonike, bari mu Mana Data wa twese no mu Mwami Yesu Kristo. Ubuntu n’amahoro bibe muri mwe. Imbuto z’ubutumwa bwageze i Tesalonike 2 Mwese tubashimira Imana iminsi yose tubasabira uko dusenze, 3 twibuka iteka imirimo yanyu yo kwizera n’umuhati w’urukundo mugira, no kwihangana ku […]

1 Tes 2

Intumwa zibwiriza ubutumwa bwiza i Tesalonike 1 Bene Data, ubwanyu muzi yuko kubasūra kwacu kutari uk’ubusa, 2 ahubwo tumaze kubabarizwa i Filipi no kuhahemurirwa nk’uko mubizi, duhabwa n’Imana yacu gushira amanga ngo tubabwire ubutumwa bwiza bw’Imana turi mu ntambara nyinshi. 3 Kuko guhugura kwacu atari uko kuyobya, kutava mu byanduye kandi kukaba atari uko kuriganya, […]

1 Tes 3

Timoteyo atumwa i Tesalonike 1 Nuko rero tubonye yuko tutagishoboye kwiyumanganya, twibwira ko ibyiza ari uko twasigara muri Atenayi twenyine. 2 Nuko dutuma Timoteyo mwene Data, umukozi w’Imana wo kubwiriza ubutumwa bwiza bwa Kristo ngo abe ari we ubakomeza, no kubahugura ku byo kwizera kwanyu 3 kugira ngo hatagira umuntu muri mwe unyeganyezwa n’aya makuba, […]

1 Tes 4

Kwezwa n’urukundo no gufatanya bya kivandimwe 1 Nuko bene Data, ibisigaye turabinginga tubahugurira mu Mwami Yesu, kugira ngo nk’uko mwabwiwe natwe uko mukwiriye kugenda no kunezeza Imana, mube ari ko mugenda ndetse murusheho. 2 Muzi amategeko twahawe n’Umwami Yesu kubategeka ayo ari yo. 3 Icyo Imana ishaka ni iki: ni ukwezwa kwanyu no kwirinda gusambana, […]

1 Tes 5

1 Ariko bene Data, iby’ibihe n’iminsi ntimugomba kubyandikirwa, 2 kuko ubwanyu muzi neza yuko umunsi w’Umwami wacu uzaza nk’uko umujura aza nijoro. 3 Ubwo bazaba bavuga bati “Ni amahoro nta kibi kiriho”, ni bwo kurimbuka kuzabatungura nk’uko ibise bitungura umugore utwite, kandi ntibazabasha kubikira na hato. 4 Ariko mwebweho bene Data, ntimuri mu mwijima ngo […]