Intu 11

Petero yiregura ku Bakristo b’Abayuda 1 Intumwa na bene Data bari i Yudaya bumvise yuko abanyamahanga na bo bemeye ijambo ry’Imana, 2 nuko Petero azamutse i Yerusalemu abo mu bakebwe bajya impaka na we bati 3 “Ko wagendereye abatakebwe, ugasangira na bo?” 4 Petero aterura amagambo, abibasobanurira uko bikurikirana ati 5 “Nari mu mudugudu witwa […]

Intu 12

Herode ashaka kwica Petero, marayika aramukiza 1 Nuko muri icyo gihe Umwami Herode afatira abo mu Itorero bamwe kubagirira nabi. 2 Yicisha Yakobo inkota, mwene se wa Yohana. 3 Abonye ko anejeje Abayuda, ariyongeza afata na Petero. Icyo gihe hari mu minsi y’imitsima idasembuwe. 4 Amaze kumufata amushyira mu nzu y’imbohe, amuha abasirikare cumi na […]

Intu 13

Urugendo rwa mbere rwa Pawulo rwo kuvuga ubutumwa 1 Mu Itorero ryo muri Antiyokiya hariho abahanuzi n’abigisha, ari bo Barinaba na Simoni witwaga Nigeru, na Lukiyosi w’Umunyakurene na Manayeni wareranywe n’Umwami Herode, hariho na Sawuli. 2 Ubwo basengaga Umwami Imana biyiriza ubusa, Umwuka Wera yarababwiye ati “Mundobanurire Barinaba na Sawuli, bankorere umurimo mbahamagariye gukora.” 3 […]

Intu 14

Abo muri Ikoniyo birukana intumwa 1 Pawulo na Barinaba bari muri Ikoniyo binjirana mu isinagogi y’Abayuda, bavuga amagambo atuma Abayuda n’Abagiriki benshi cyane bizera. 2 Ariko Abayuda batizeye boshya imitima y’abanyamahanga, bayangisha bene Data. 3 Nuko bamara iminsi myinshi bavuga bashize amanga, biringiye Umwami Yesu uhamya ijambo ry’ubuntu bwe, abaha gukora ibimenyetso n’ibitangaza. 4 Ariko […]

Intu 15

Impaka zivuye ku byo gukebwa 1 Nuko abantu bamwe bavuye i Yudaya bigishaga bene Data bati “Nimudakebwa nk’uko umugenzo wa Mose uri, ntimubasha gukizwa.” 2 Habaho impaka nyinshi n’imburanya kuri Pawulo na Barinaba n’abo bantu, maze bene Data bahuza inama yo gutuma Pawulo na Barinaba n’abandi muri bo, kujya i Yerusalemu ku ntumwa n’abakuru kugira […]

Intu 16

Ibya Timoteyo 1 Nuko agera i Derube n’i Lusitira. Hariyo umwigishwa witwaga Timoteyo umwana w’Umuyudakazi wizeye, ariko se yari Umugiriki. 2 Yashimwaga na bene Data b’i Lusitira n’abo muri Ikoniyo, 3 uwo Pawulo ashaka ko bajyana. Nuko aramujyana aramukeba ku bw’Abayuda bari bahari, kuko bose bari bazi yuko se ari Umugiriki. 4 Bakinyura mu mudugudu, […]

Intu 17

Abayuda birukana Pawulo i Tesalonike 1 Banyura muri Amfipoli no muri Apoloniya bagera i Tesalonike, hariho isinagogi y’Abayuda. 2 Nuko Pawulo nk’uko yamenyereye yinjira muri bo, ajya impaka na bo mu byanditswe ku masabato atatu, 3 abibasobanurira abamenyesha yuko Kristo akwiriye kubabazwa no kuzuka mu bapfuye, kandi ati “Yesu uwo mbabwira ni we Kristo.” 4 […]

Intu 18

Pawulo ajya i Korinto, Umwami Yesu amubonekerayo 1 Hanyuma y’ibyo, Pawulo ava muri Atenayi ajya i Korinto. 2 Asangayo Umuyuda witwaga Akwila wavukiye i Ponto, wari uvanye muri Italiya vuba n’umugore we Purisikila, kuko Kilawudiyo yari yarategetse Abayuda bose kuva i Roma. Nuko ajya kubasūra. 3 Kandi kuko basangira umwuga, abana na bo bakorana imirimo, […]

Intu 19

Abigishwa ba Yohana Umubatiza buzura Umwuka Wera 1 Apolo ari i Korinto, Pawulo anyura mu bihugu byo haruguru asohora muri Efeso, asangayo abigishwa bamwe. 2 Arababaza ati “Mwahawe Umwuka Wera, mutangiye kwizera?” Baramusubiza bati “Ntabwo twari twumva yuko Umwuka Wera yaje.” 3 Arababaza ati “Mwabatijwe mubatizo ki?” Baramusubiza bati “Umubatizo wa Yohana.” 4 Pawulo ati […]

Intu 20

Pawulo ajya i Bugiriki n’i Tirowa 1 Imidugararo imaze gushira, Pawulo atumira abigishwa arabahugura, abasezeraho avayo ajya i Makedoniya. 2 Anyura muri ibyo bihugu abahuguza amagambo menshi, ajya i Bugiriki 3 amarayo amezi atatu, maze Abayuda bajya inama yo kumutera yenda gutsura ngo yambuke ajye i Siriya. Ni cyo cyatumye agambirira kujyayo anyuze i Makedoniya. […]