Yobu 41

1 “Umva ibyiringiro byo kuyifata ntibyabaho. Mbese umuntu ntiyazira n’uko ayirebye gusa? 2 Nta ntwari yahangara kuyibyutsa, None se ni nde wabasha kumpagarara imbere? 3 Ni nde wabanje kugira icyo ampa kugira ngo mwiture? Ibiri munsi y’ijuru byose ni ibyanjye. 4 “Sinzareka kuvuga iby’ingingo zayo, Cyangwa ububasha bw’imbaraga zayo, Cyangwa umubyimba wayo mwiza. 5 Ni […]

Yobu 42

Yobu yihana 1 Maze Yobu asubiza Uwiteka ati 2 “Nzi yuko ushobora byose, Kandi nta kibasha kurogoya imigambi yawe yose.” 3 Iti“Uwo ni nde uhisha inama kandi atazi ubwenge?” Yobu ati“Ni cyo cyatumye mvuga icyo ntazi, Ni ibintu byandenze bitangaje mbivuga ntabizi. 4 Noneho umva, ndakwinginze ngiye kuvuga, Ngiye kukubaza maze nawe unsubize. 5 Ibyawe […]